Horaho Clinic
Banner

MENYA BYINSHI KURI GINSENG

Muri iki gihe uko isi igenda itera imbere, ni nako hagenda haza indwara zitandukanye zizahaza ubuzima bw’umuntu, aha twavugamo nka Diyabeti, kanseri, Asima, SIDA n’izindi. Muri zo hari izizahaza umubiri bigatuma abasirikare barinda umubiri bagabanyuka, bityo ubudahangarwa bw’umubiri bukajya hasi cyane umuntu akazahara.

Ese Ginseng ni iki ?

Ginseng ni umuti mwimerere ukomoka ku gihingwa kiboneka cyane muri Asia, ufite ubushobozi bwo kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri,uvura ndetse ukanarinda kanseri zitandukanye.Igizwe cyane n’ibintu 2 by’ingenzi,RH1 na RH2.

Ese ni akahe kamaro uyu muti ufite ku buzima bwa muntu ?

  • Abahanga bagaragaje ko uyu muti uzamura abasirikari b’umubiri, mu minsi 2-3 uwufashe bityo bigatuma ubudahangarwa bw’umubiri.
  • Iyo ufashe uyu muti,uturemangingo twa kanseri ntabwo twiyongera, ibyo bigatuma wirinda kanseri, ubu iri kugenda ihitana benshi ku isi.
  • Uyu muti ufasha abantu bafite ibisebe byananiranye, kuko iyo uwufashe, igisebe gitangira gukira vuba vuba.
  • Uvura kanseri zirenze ubwoko 40 zibasira umubiri w’umuntu
  • Abantu bafite ubwandu bwa virusi itera SIDA,uyu muti ni mwiza kuri we kuko uzamura abasirikari b’umubiri we,bigatuma indwara zitandukanye zitamwibasira.

Ese ugenewe bande ?

* Abantu bashaka kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri
* Abantu bafite ibibyimba mu mubiri
* Abantu baba bamaze igihe kinini barwaye, umubiri wabo ukaba waracitse intege
* Abantu bafite ubwandu bwa virusi itera SIDA,
* Abantu bahora bananiwe cyane.

Twabibutsa ko uyu muti ukozwe mu bimera kandi ukaba wizewe ku rwego mpuzamahanga,nta ngaruka ugira ku mubiri w’uwawukoresheje.
Uramutse uyikeneye wahamagara kuri 0788698813 / 0785031649 cyangwa ukaba wagana Horaho Life dukorera mu mujyi wa kigali kwa Rubangura muri Etage ya 3, mu muryango wa 302.Ndetse wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw.

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo