Horaho Clinic
Banner

Ese wari uzi icyayi kivura ? + video

Muri iki gihe,uko imibereho y’abantu igenda ihindagurika,ni nako abantu bagenda bagira ibibazo bitandukanye by’ubuzima.Ugasanga umuntu kurya byamunaniye,ukumva umuntu arakubwiye ngo ashobora kumara iminsi itatu atajya ku musarane ,ushobora kwibaza ngo imyanda ituruka mu igogorwa ry’ibiryo ubwo ijyahe ? Ni byinshi mu bibazo by’ubuzima muri iki gihe,ariko reka turebere hamwe icyayi kivura ndetse kikanarinda ibibazo mu igogora ry’ibiryo (Digestion).Icyo ni icyayi kitwa Intestine Cleansing Tea.

Ese ni ibiki bikigize ?

Iki cyayi kigizwe n’uruvange rw’ibimera bitandukanye twavugamo nka :Spirulina Platensis Extract, Cassia seed, Fructus Crataegi, Semen Coicis, and Green Tea.

Ese icyi cyayi kimarira iki umubiri ?

* Umumaro w’ibanze w’iki cyayi ni ugusohora imyanda mu mubiri w’umuntu (Detoxification)  ; Bitewe n’imirimo myinshi ikorerwa mu mubiri wacu, ni nako imyanda nayo iba myinshi mu mubiri w’umuntu, akenshi iyo imyanda ibaye myinshi mu mubiri nibyo bitera umuntu kurwaragurika, ugasanga umuntu arwaye umutwe , kunanirwa cyane, kubyimba munda, n’ibindi…. Iki cyayi rero gifasha umubiri gusohora imyanda .
* Iyo ukoresha iki cyayi ntabwo ugira ibibazo by’igogora (poor digestion),nko kugugara munda ,kugira imyuka mu mara, kubura appétit, isesemi, n’ibindi.
* Hari ibiheri biza cyane cyane mu maso bitewe n’uko umubiri wawe ubitse imyanda myinshi,iyo ukoresha icyi cyayi rero, ugira uruhu n’isura nziza .
* Kubera iki cyayi cyoza mu mara ndetse no mu nzira y’igogora hose ;bituma utarwara cyane indwara zituruka kuri mikorobi (Microbes).
* Iki cyayi kikurinda kwangirika kw’amara (Infection des intestins) .
* Iki cyayi gisukura umwijima, impyiko, n’izindi nyama zo munda.
* Kivura kandi kikanarinda Impatwe (constipation) .

Ese iki cyayi cyizewe gute ?

Iki cyayi gikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga,kandi gikozwe mu bimera, gifite ubuziranenge mpuzamahanga butangwa n’ibigo bikomeye ku isi ; twavugamo nka FDA (Food and Drug Administration) n’ibindi...Nta mpungenge rero kuko nta ngaruka kigira ku buzima bw’uwagikoresheje.

Uramutse ushaka iki cyayi wagana aho HORAHO Lifedukorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kuduhamagara kuri numero 0785031649 cg 0788698813 ku bindi bisobanuro.Ndetse wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw.

REBA VIDEO HANO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo