Horaho Clinic
Banner

WARI WARABUZE ICYAGUKURA KU ITABI ?

“The king of Pollens”

Iki ni icyayi cyiza cyane gikoreshwa nk’umuti wu mwimerere ndetse kigakoreshwa mu kurinda umubiri uburwayi butandukanye.Iki cyayi cyifitemo intungamubiri zirenga 200,muri zo twavugamo : Vitamini , amaproteyini , imyunyu ngugu’izindi nyinshi ......kikaba kandi gikozwe mu bimera.

Ese iki cyayi gifasha iki umubiri ?

* Kivura umunaniro cg se stress kuko gifasha ubwonko gukora neza bigatuma umuntu agubwa neza akaruhuka.

* Cyoza mu mubiri ibyo bita ‘Detoxification” bigatuma umubiri wawe utabika imyanda.

* Gituma amaraso atembera neza mu mubiri.

* Ku bantu banywa inzoga,gituma batagubwa nabi bimwe twita “Hangover” kuko gifasha n’umwijima gukuramo alcol n’indi myanda mu mwijima.

* Ku bagabo bafite ibibazo mu mibonano mpuzabitsina nko kugira ubushake buke,kirabafasha kuko kibamo imisemburo y’umwimerere ya Testosterone (Source of Natural Testosterone),bityo ku kinywa bituma imisemburo yabo ijya kuri gahunda.

* Gituma umubiri w’umuntu ugira imbaraga bityo ukabasha gukora neza.

* Gituma umuntu adasaza vuba (Retards process of aging).

* Ku bantu byananiye kureka itabi,iki cyayi kibibafashamo,kuko gisukura umubiri kigakuramo bwa burozi bita Nicotine,bityo bigatuma utararikira cyane itabi,bikarangira urivuyeho burundu.

N.B : Iki cyayi kugikoresha ntibisaba isukari cyangwa ikindi kintu cyose cyongerwamo.Ikindi kandi ku mugore utwite cyangwa wonsa ntabwo bemererwa kugikoresha.

Pt jean Denys/Health consultant

Horaho Life Clinic

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo