Horaho Clinic
Banner

Sobanukirwa indwara y’ Amashyamba, Amashuyo, Amashamba Cyangwa Amajimbiri N’amabinga izwi mu rurimi rw’amahanga nka Mumps.

Indwara y’amashamba ni indwara ifata munsi y’amatwi, ugasanga habyimbye. Abanyarwanda usanga barayifataga mu buryo butandukanye aho bamwe bisigaga imbyiro mu maso ngo bumva ko umuntu naza kubaseka indwara ibavaho ikimukira k’usetse. Ariko icyo twavuga, iyi ni indwara isanzwe nk’izindi zose kandi ishobora kuvurirwa kwa muganga.
Mumps ni indwara iterwa na virusi yitwa Mump virus. Ikagaragarira mu kubyimba kwa Parotid gland imwe cyangwa zombi cyangwa salivary gland, zigira akamaro mu gukora amacandwe nayo akagira uruhare mu kunyereza ibiryo n’igogora ryabyo mu kanwa. Mumps ni icyorezo gifata agace runaka (endemic) mu bantu batakingiwe.
Visusi ya mumps ikwirakwizwa mu bantu n’umuntu uyifite binyuze ;
  Mu gukoranaho.
  Kwitsamura kuyifite yegeranye n’abandi.
  Gusohoka kw’amacandwe
  Mu nkari.
Mumps ifata abantu bose (ibitsina byombi) n’ikigero cy’imyaka cyose.

Ibimenyetso by’iyi ndwara :
• Kugira ibikororwa n’ibirenda byinshi mu muhogo.
• Kuribwa bikabije no kumva mu matama haremereye, cyane cyane iyo wunamye, kandi bijya bibaho rimwe na rimwe umuntu ntagire ibindi bimenyetso bigaragara.
• Kugira uburibwe mu menyo yo hejuru cyangwa kumva amaso aremereye nabyo bishobora kuba ibimenyetso.
• N’ibicurane bisanzwe nabyo akenshi bituma umuntu ashobobora kubabara cyangwa umuntu akumva amatama yaremereye.
Ibimenyetso nk’ibyo bidakomeye ntabwo bivurwa n’umuti w’antibiyotike ahubwo uburyo busanzwe bwo kuvura ibicurane uba buhagije. Ibimenyetso nk’ ibyo bidakomeye bihita bikira mu minsi mikeya.
Kwivura iyi ndwara :
Umuti wo gushyira mu mazuru cyangwa imiti irwanya iyo ndwara irafasha.
Koza mu mazuru ukoresheje akantu kabugenewe koza mu mazuru.

Amashamba avurwa kenshi mu cyumweru kimwe umuntu akimara gufatwa n’ibicurane. Iyo uburibwe bwo mu matama atari bwinshi kandi butaramara icyumweru ntabwo aba akeneye kuvurwa na muganga mukuru kandi akenshi ntabwo aba akeneye kuvurwa n’umuti w’ antibiyotike.
Mu gihe wagize iki kibazo cya Mumps(amashamba) habonetse imiti yagufasha kuvura (Kubyimbura no gukuraho ububabare).
Ese waba uzi imiti myimerere yagufasha guhangana n’ibibazo byo kuzahazwa na Mumps ?
Birashoboka ko waba waratangiye kubona ibimenyetso twavuze haruguru. Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka : FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi). Iyo miti rero ikaba ifasha gutandukana n’ibibazo by’uburwayi biterwa naza Virusi ndetse naza bagiteri.
Muri Horaho life tubafitiye Garlic Oil softgel, Multi-Vitamin tablets, A-Power Capsule, Propolis Plus Capsule, Parashield capsule, Aloe Vera capsule ndetse n’izindi nyunganiramirire nyinshi bizwiho guhashya ubu burwayi bwa Mumps
Uramutse ukeneye ubufasha ,wagana aho HORAHO Life dukorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kuduhamagara kuri numero 0785031649 / 0788698813 ku bindi bisobanuro.Ndetse wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw na Youtube channel Horaho Life Rwanda.

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo