Horaho Clinic
Banner

Igisubizo ku indwara y’ibiheri (pimples) bikunze gufata uruhu.

Indwara z’uruhu ziri mu ndwara zikunze kutitabwaho cyane cyane nkiyo umuntu arwaye ibiheri k’uruhu ariko bikaba bitamurya akenshi bikunze kwimwa agaciro. Ariko indwara z’uruhu ziri mu ndwara zihindura imiterere y’uruhu ndetse bidasize ubwiza bw’umuntu, kuko uruhu rutakaza umwimerere warwo, ugasanga akenshi haje amabara atandukanye k’uruhu.
Ibiheri bwo k’uruhu bikunze kuzana n’amashyira muribyo. Ibyo biba biturutse ku ubushye bwa ama gland ashinzwe gukora imisemburo mu muburi cyangwa kwiyongera kw’amabagiteri atera ibiheri ku k’uruhu.
Ikiranga ibiheri kuruhu nuko hazaho utuntu tubyimbye, hari igihe tuba ari umweru cyangwa umukara k’umutwe wutwo duheri.
Ibiheri bikunze gufata mu maso nibyo bigaragara cyane mubantu bageze mu gihe cy’ubugimbi cyangwa ubwangavu, ariko no mubakuru nabo bakunze kwibasirwa n’ibyo biheri.
Abo bose ubushakashatsi bugaragazako bizanwa n’imihindagurike y’imisemburo mu mubiri, biturutse kukuba itangiye kuba myinshi cyane nkabari mu gihe cy’ubwangavu n’ubugimbi, cyangwa imisemburo micyeya kubantu bafite imyaka yigiye hejuru.
Ibiheri ntago bigira icyo bitwara ku mihagarike y’umubiri, ariko bigira ingaruka mu buryo bw’imibanire ndetse n’ipfunwe mu bandi bitewe nuko ugaragara k’uruhu bitandukanye n’abandi, kuburyo bamwe na bamwe mu rubyiruko bibatera kugira uburwayi butandukanye nko kwigunga, depression, n’ibyiyumvo mu mubiri bitari hamwe, ndetse bikagera naho bamwe baba bashobora no kugira n’ibitekerezo by’ubwiyahuzi.
Ibiheri byo k’uruhu ni indwara itandura ngo ibe yava k’umuntu umwe ijye kuwundi mu gihe yatewe nibyo twavuze haruguru, bitaturutse ku cyorezo runaka.
Ese waba uzi imiti myimerere yagufasha guhangana n’ibibazo byo kurwaragurika ibiheri k’uruhu ndetse bikanakubangamira cyane, byaba biturutse kumihindagurike y’imisemburo mu mubiri cyangwa biturutse aho uba (environment) ?

Ni byiza kwirinda iyo ndwara kuko bishoboka,
Gusa birashoboka ko waba waratangiye kubona ibimenyetso by’uburwayi bw’uruhu. Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka :FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).
Iyo miti rero ikaba ifasha gutandukana n’indwara y’ibiheri by’uruhu.
Muri Horaho life tubafitiye Aloe Vera plus capsules, Spirulina plus capsules, Royal Jelly softgel, Zinc, Vitamin E tablet na Propolis plus capsules. ndetse n’izindi nyunganiramirire nyinshi.
Uramutse ukeneye ubufasha ,wagana aho HORAHO Life dukorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kuduhamagara kuri numero 0785031649 / 0788698813 (WhatsApp) ku bindi bisobanuro.Ndetse wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw cyangwa Youtube channel ariyo Horaho Life Rwanda.

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo