Horaho Clinic
Banner

Ginseng Capsules umuti mwimerere udasanzwe mu kurinda Kanseri. - video

Ginseng ni ikimera mwimerere gikize kuri anti-oxidants zirinda kanseri. Ibyiza bya Ginseng bwambere byagaragajwe mu buvuzi gakondo bw’abashinwa ahagana mu myaka ibihumbi bitanu ishize. Yamenyekaniye cyane ku gutera umubiri gusubirana imbaraga.
Ubushakashatsi bwa none bugaragaza ko iki kimera cyamenyekanye mu bushinwa cyane kizwiho gufasha umubiri gusubirana imbaraga, kongerera ubwirinzi bw’umubiri imbaraga, ndetse no gusana uturemangingo tw’ubwirinzi bw’umubiri twangiritse, igatanga ubuzima bwiza ku myanya myororokero, ikagabanya stress mu mubiri, ndetse ikanafasha gukira ku bantu bakunze kugira ikibazo cyo gukorora cyane, no kongera akanyabugabo mu mubiri.
Ginseng igizwe n’ibintu bibiri by’ingenzi ;ginsenoside na gintonin, ibi uko ari bibiri bikaba byuzuzanya mu gutanga ubuzima bwiza ku mubiri, nko kugabanya inflammation mu mubiri, gufasha ubwonko gukora neza, kuko ginsenoside irinda kwangirika k’uturemangingo bitewe na free radicals.

Ibindi byiza bya Ginseng capsules wamenya ;

  Ginseng yongera utunyangingo tw’umweru, aritwo nubundi tugize ubwirinzi bw’umubiri, bityo bigafasha no kubarwayi bamaze kurwara kanseri, mu gihe bari gufata imiti ya kanseri.
  Ikindi nuko ifasha abantu bafite ibisebe gukira vuba (abantu bagize ibisebe bitewe n’uburwayi bwabateye kuryama igihe kinini bizwi nka Bed sore) nabo iyi ginseng ifasha ibyo bisebe gukira vuba.

Ginseng ni Nziza ku ;

1. Abantu bashaka kuzamura ubwirinzi bw’umubiri,
2. Ku bantu bafite ibibyimba mu mubiri bitarakwirakwira mubindi bice by’umubiri.
3. Abantu barangije chemotherapy na radiotherapy.
4. Abantu bari kondorwa nyuma yo gukira uburwayi.
5. Abantu bafite abasirikare bacye b’umubiri bitewe no kuba baba bafite ubwandu bw’agakoko gatera sida.
6. Abantu bagira umunaniro uhoraho n’abashaka kuzamura imbaraga z’umubiri.
Ese waba ukeneye iyi Ginseng Capsules ?
Ni byiza kwirinda iyi ndwara kuko bishoboka,Gusa birashoboka ko waba waramaze kurwara iyi ndwara,kandi ikaba yaranakuzengereje.Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka :FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi). Iyo miti rero ikaba ifasha uturemangingo gukura neza., kandi igatuma Kanseri idakura ngo ikwirakwire mu mubiri, ikindi kandi ikayigabanyiriza ubukana.
Muri iyo miti twavugamo nka :uzwi cyane kandi wamamaye witwa Ginseng Capsules.Nta ngaruka igira kuko ikoze mu bimera.
Uramutse uwukeneye ,wagana aho HORAHO Life dukorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kuduhamagara kuri numero 0785031649 / 0788698813 ku bindi bisobanuro.Ndetse wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw, na Youtube channel ariyo Horaho Life Rwanda.

REBA VIDEO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo