Horaho Clinic
Banner

Ibintu bitangaje Soy Power ifasha abagore n’abakobwa (VIDEO)

Kutagira ubushake bwo gutera akabariro ku bagore wabifata nk’uburemba ku bagabo, ni ukuvuga ko ari igihe umugore aba atagira ubushake (desir sexuel) bw’imibonano mpuzabitsina, yanayikora ntagire icyo yumva ndetse ntagere no kubyishimo bya nyuma (orgasme), bikamera nk’aho ntacyo yakoze.

Akenshi ibi ni nabyo bitera ikindi kibazo cyo kubura ububobere mu gitsina ndetse n’amazi ntaboneke, ugasanga habayeho no gukomereka mu gitsina mu gihe igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina kirimo gukorwa.

Ibishobora gutera ibi bibazo

Akenshi ibi kibazo kigaragara ku bagore bakuze (bacuze cyangwa bari hafi gucura). Ibi ahanini bigaterwa n’imisemburo iba yaragabanutse mu mubiri wabo bita "estrogen", bigatuma umugore yumva nta mibonano mpuzabitsina ashaka,ndetse n’ububobere bukagabanyuka.

Dore ibindi byatera iki kibazo twavugamo :

• Uburwayi nka diyabete, indwara z’umutima, umuvuduko ukabije w’amaraso, Hepatite, Cancer n’izindi.

• Ihungabana umuntu yahuye na ryo, kwiheba gukabije, gufatwa ku ngufu ndetse no gutandukana kw’ababyeyi bawe bikakwangisha imibonano.

• Ingaruka z’imiti umuntu aba yaranyoye

• Kumara igihe kirekire udakora imibonano mpuzabitsina

• Umubyibuho ukabije

• Stress n’ibindi

Ufite ibi bibazo yabikira gute ?

Ibi ni ibibazo bikomeye cyane ku bagore kuko bishobora no kubasenyera burundu. Hari inyunganiramirire yitwa Soy Power capsule ifasha cyane abagore n’abakobwa :

 Irinda umugore gusaza imburagihe
 Irinda imirerantaga(ovary’s)gusaza. Yongerera umugore amahirwe yo kubyara no kugumana itoto ry’ubuto.

 Ifasha abagore kugira ubushake bw’imibonano mpuzabitsina

 Irinda amagufa y’umugore gusaza no kurwara indwara zibasira amagufa nko koroha cyane ; kumungwa, kuvunguka, gutakaza ingano y’ibigize igufa bitera uburwayi bwa Ositewoporosi(osteoporosis), n’imvune.

  Soy power irinda canseri y’ibere, iy’inkondo y’umura, umura (uterus) n’izindi zifata abagore

 Irinda ibibyimba byo muri nyababyeyi
 Ifasha umugore kugira imihango idahindagurika
 Irinda indwara z’umutima n’imitsi y’amaraso ku mugore
 Yongerera ubwonko bw’umugore ubushobozi bwo gukora neza, kwibuka no gufata mu mutwe(memory) ; irinda abagore indwara zo kwibagirwa(dementia).

Uramutse ukeneye iyi SOY POWER wagana aho Horaho life dukorera mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura, Etaji ya 3, umuryango wa 302 na 301. Ushobora no kubahamagara kuri 0788698813 cg 0785031649. Wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw ndetse ukajya unadukurikira ku rubuga rwacu rwa Youtube arirwo Horaho life Rwanda ukajya ubona n’ibindi byinshi byagirira akamaro umubiri wawe.

REBA VIDEO HANO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo