Horaho Clinic
Banner

UBUDAHANGARWA N’UBWIRINZI BW’UMUBIRI BUKORA GUTE ? DORE ICYO WAKORA NGO UBEHO NEZA - VIDEO

Ubudahangarwa n’iki ?
Ubudahangarwa ni uburinzi bw’umubiri ubwawo, akaba ari kimwe mu bigize imikorere y’umubiri w’umuntu mu kuwurinda ibitera indwara biwinjirira bigatera indwara. ubudahangarwa bukozwe n’uburinzi bw’abasirikari b’umubiri baba mu maraso, amatembubuzi, imvubura, inyama z’umubiri n’insoro z’umweru. ubudahangarwa bukora akazi gakomeye mu kumenya ikintu cyose kidasanzwe kinjiye mu mibiri w’umuntu(foreign agents or substance) ; burinda indwara, bwica mikorobi, bugafasha umubiri kumera neza. Ubwiririnzi bw’umubiri bumenya ikintu cyose giturutse hanze y’umubiri gishobora kuwangiza, icyatera
uburwayi(microbe : bacteria, fungi, virus,…),

bicyo uburinzi bw’umubiri(immunity) burwanya izo mikorobi(microbes) kugirango zitangiza umubiri ukarwara cyangwa ugatakaza imikorere myiza yawo. ubudahangarwa bw’umubiri kandi bubika amakuru azabufasha kongera kumenya iyo microbe igihe yazagaruka mu mubiri bityo bigafasha kwitegura kuyirwanya no kuyitsinda ikindi gihe yaba igarutse mu mubiri ;
uburinzi bw’umubiri burayimenya bukayica, bityo ntitere indwara umubiri. Ariko hari ubwo ubudahangarwa butagira ubushobozi bwo gutsinda izi microbe kubera uburyo zihinduranya n’ubukana bwazo mu kwangiza umubiri cyane cyane ku banyantege nke : abantu bashaje, abana bato, abagore batwite, n’abandi banyantege nke. Zimwe muri mikorobi(microbes) zigira ubukana burenze ubushobozi bw’umubiri wa muntu ku buryo udashobora kuzirwanya ngo uzitsinde ubwawo ; aha twavuga nka Virus itera Sida, Hepatitis B na C, n’izindi ,..
umubiri ubwawo wonyine utashobora kurwanya ngo uzitsinde hatabaye ho guhabwa imiti cyangwa urukingo.

ubudahangarwa bw’umubiri buva he ?

Umuntu avukana ubudahangarwa kamere akomora ku babyeyi be, n’ubundi bugenda bwiyongera uko umuntu akura, inkingo zihabwa abana bato n’izindi zitangwa ku bantu mu gihe runaka nazo zongera ubundi budahangarwa mu mubiri bikawufasha kwirinda no guhangana n’indwara zitandukanye( urugero : imbasa, igituntu, agakwega, mugiga, iseru,..).
Ni iki wakora mu gihe wahuye ni indwara zica intege ubudahangarwa bw’umubiri ?

Kwirinda no Kwivuza neza indwara ni inkingi ya mwamba ku buzima. Indwara zandura nka

infections, viruses za hepatite B,C, HIV AID/SIDA, n’izindi

ni indwara zikenera kuvurwa neza, kwitabwaho bihagije ; gufata imiti ikwiye kandi neza ni ingenzi mu kwirinda ingaruka z’izi ndwara birimo no kuba zavutsa abantu ubuzima bikava mo urupfu mu gihe umuntu atazivuje neza .

habonetse inyunganiramirire y’ingenzi mu kongera ubudahangarwa bw’umubiri yitwa : A-POWER Capsule
1. Yongera ubudahangarwa bw’umubiri
2. Irinda umubiri indwara,
3. Yifashishwa mu kuvura indwara za Kanseri(cancer) ifatanywe n’imiti uvura kanseri
4. Ni nziza mu gufasha abafite agakoko gatera Sida, n’abarwaye hepatitis B, C ifasha umurwayi gukira vuba,
5. Yongerera abasirikari b’umubiri,
6. Abantu barwaye indwara zidakira ibongerera igihe cyo kuramba
7. Ifasha umubiri kumera neza no gukira indwara z’ibyuririzi.

A-power ikenewe na ba nde ?
Ni nziza ku bantu :
* Bafite uburwayi bw’agakoko gatera Sida
* Abafite uburwayi bwa Hepatite B,C
* Abarwayi ba Cancer
* Abantu barwaragurika, bafite ubudahangarwa buri hasi.
Uko inyobwa : banywa akanini 1 cyangwa 2 inshuro imwe cyangwa 2 ku munsi bitewe n’imyaka y’umuntu.
A –power ni inyunganiramirire yizewe ku ruhando mpuzamahanga ihabwa ubuziranenge n’ibigo mpuzamahanga, aha twavuga mo nka FDA(Food and Drug Autority) ; Ni ikigocy’Abanyamerika kigenga ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa.

Mugihe ukeneye uyu muti kimwe n’indi ijyanye no kwirinda indwara no kumera neza, wagana Horaho Life company, aho dukorera mu mujyi wa Kigali, mu nyubako yo kwa Rubangura, etage 3, umuryango 302 ;
Cyangwa ukaduhamagara kuri :0788698813 / 0785031649

PT, MPH, UWIZEYE DIEUDONNE

REBA VIDEO HANO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo