Horaho Clinic
Banner

Kurangiza vuba ku bagabo ;Dore uburyo wakoresha ukabyirinda ndetse n’ubufasha

Kurangiza k’umugabo uri mu gikorwa cyo gutera akabariro ni byiza kuko aba ari igihe umugabo ageze ku byishimo bye bya nyuma, nyamara nubwo bimeze gutyo iyo bibaye vuba vuba bitera ikibazo yaba ku mugabo no ku mugore. Ubushakashatsi bwerekanye ko umugabo 1 muri 3 ahura n’ikibazo cyo kurangiza vuba. Tuvugako umugabo afite ikibazo cyo kurangiza vuba iyo atabasha kugenzura gusohora kwe bityo agasohora hashije igihe gito cyane atangiye imibonano mpuzabitsina cyangwa se ataranayitangira.Ibi bituma abashakanye batishimira iki gikorwa kandi bikaba intandaro y’ibibazo mu miryango.

Muri iyi nkuru tugiye kureba uburyo 2 abagabo bagira iki kibazo cyo kurangiza vuba bakoresha bagahangana n’iki kibazo, ndetse turebe n’ubufasha ku bagabo byanze burundu.

Dore rero Imyitozo yagufasha kongera igihe cy’imibonano mpuzabitsina

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hari imwe mu myitozo cyangwa se technique abashakanye bashobora gukoresha maze bagatinza igihe cy’imibonano mpuzabitsina.

1. Technique 1 : The Start and End

Ubu ni uburyo bworoshye kandi bumenyerewe. Umugabo cyangwa se umugore ahagarika imibonano mpuzabitsina igihe yumva yari agiye gusohora (ariko atarasohora) amasegonda 30-60. Iyo yumvise gusohora bitakibaye, barongera bagasubukura imibonano mpuzabitsina. Ukomeza usubiramo inshuri 4 kugera kuri 5.

2. Technique 2 : Squeeze Technique

Squeeze technique ni ugukanda igitsina cy’umugabo aho umutwe w’igitsina utereye. Ibi bikorwa iyo umugabo yumva agiye gusohora kandi bigakorwa amasegonda 30. Ibi bihagarika gusohora. Mushobora gusubiramo ibi inshuro zigera kuri 5 mbere yuko noneho mureka umugabo akarangiza.

Wari uziko hari imiti myimerere yagufasha ugatandukana n’iki kibazo ?
Ushobora kuba waragerageje inama zose wagiriwe kimwe n’izo tumaze kuvuga haruguru,bikanga,kandi ukabona bigiye kugusenyera urugo,Ubu rero habonetse imiti ikoze mu bimera kandi ikaba itunganyije neza, irizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration),Iyi miti rero ikaba ifasha imisemburo y’abagabo kujya kuri gahunda,ituma amaraso atembera neza mu gitsina,ndetse igatuma umuntu agira n’ubushake bityo gutera akabariro bikagenda neza.Muri iyo miti twavugamo nka :Vig power capsule, Ginseng Rh capsule,Gingko biloba capsule,Pine pollen tea,…

Aho wayibona
Uramutse uyikeneye,wagana aho HORAHO Life dukorera mu mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 na 301.Ushobora no kubahamagara kuri numero 0785031649 / 0788698813 ku bindi bisobanuro.Wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo