Horaho Clinic
Banner

Imiti umugore ufite ibicece bikabije ku nda yakoresha bigashira

Kugira ibicece cyangwa se ibinure byo ku nda bikunda kubangamira abantu benshi. Kuba umuntu afite ibinure byinshi kunda bimutera ipfunwe no kutisanzura igihe ari mu bandi. Kugira umubyibuho ukabije ku nda bibangamira abashakanye mu gikorwa cyo guhuza urugwiro.

Umusomyi wa inyarwanda.com aherutse kutwandikira atubaza niba hari imiti umugore ufite ibicece yakoresheje bigashira akongera kugira umubiri usanzwe.
Mu gushaka igisubizo cy’ikibazo cye twanyarukiye mu ivuriro Horaho Life rifite imiti y’imyimerere yabugenewe ivura iki kibazo ikorwa na Green world International nkuko muganga mukuru muri iri vuriro, Uwizeye Dieudonne yabidutangarije ubwo yaganiraga na inyarwanda.com. Muganga Dieudonne yadutangarije ko mu kuvura iki kibazo bifashisha ibinini bya chitosan capsules cyangwa icyayi cya Proslim tea.

Icyayi cya Proslim tea

Nkuko yakomeje abidutangariza, umuntu ufite ibicece, icyayi cya Proslim akinywa igihe kingana n’ibyumweru bitatu naho ibinini byo binywebwa mu gihe kingana n’ukwezi. Ku kibazo cyo kuba iyi miti itaba igira ingaruka ku mubiri w’umuntu, Uwizeye Dieudonne yagize ati “ Oya ntangaruka n’imwe icyayi cya Proslim kigira kuwagikoresheje cyangwa se biriya bibi bya Slimming capsules. Ni imiti myimerere, mbere yo gukoreshwa iba yarapimwe neza kandi abo twayihaye bose ntakibazo na kimwe yabagizeho ahubwo yarabafashije kuburyo bufatika.”

Ku bantu bashaka kwirinda umubyibuho ukabije ni ahanyu. Kubaba bafite iki kibazo bashaka imiti yabafasha, bagana ivuriro Horaho Life aho dukorera i Kigali , mu nyubako yo kwa Rubangura muri etage ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813.

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo