Horaho Clinic
Banner

Sobanukirwa Vigpower, umuti mwimerere ufasha abagabo batagira ubushake - VIDEO

Imigendekere mibi yo gutera akabariro nicyo kibazo cy’ibanze giteza ubwumvikane buke hagati y’abashakanye ndetse bakaba banacana inyuma . Abagabo bakunda gucika intege muri iki gikorwa cyangwa se ntibabashe kwizihira abagore babo bibatera ipfunwe.

Kutamara amata, kugira ubushake buke cyangwa bwa ntabwo(impuissance), kumara igihe gito mu gihe cy’igikorwa ni bimwe mu bibazo bihurirwaho n’abagabo benshi nyamara bituma bumva bahora biyanze kuko baba batabasha kurangiza inshingano zabo nk’abagabo. Mu gushaka gufasha aba bagabo twanyarukiye ku ivuriro Horaho Life rivura indwara zinyuranye ariko by’umwihariko bakaba bafite umuti ufasha abagabo cyane bafite ibibazo nk’ibyo twavuze haruguru witwa Vigpower uba ukoze mu buryo bw’ibinini.

Uyu muti ukomeje gufasha benshi mu bagabo bawukoresheje ndetse benshi bawuvuga imyato. Vigpower ni umuti ufite akamaro kanini cyane cyane ku bagabo bagira ubushake buke mu gihe cyo gutera akabariro. Hari ababa baragiye kwa muganga ariko ikibazo ntigikemuke. Uyu muti wa Vigpower ukoze mu bimera uwukoresheje asezera burundu kuri iki kibazo gikomeje gutandukanya imiryango myinshi.

Tuganira n’ Uwizeye Dieudonne wo muri Horaho Life yadutangarije ko benshi mu babagana bagarutse kubashimira kubwo kubafasha. Ati “ Ubundi twe dukurikirana umurwayi n’uko afata imiti. Abagabo twagiye duha uyu muti benshi bagarutse kudushimira kuko ahanini bazaga ingo zabo zirimo ibibazo kubera kugira ubushake buke mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gutinda kongera kugira ubushake n’ibindi bibazo binyuranye. Ni umuti mwiza kuko nta ngaruka mbi ugira ku mubiri w’umuntu. Utangira kugira ingaruka nziza kuwukoresheje nibura mu gihe cy’ibyumweru hagati ya bitatu n’ukwezi kumwe.

Uwizeye Dieudonne kandi yadutangarije ko uretse Vigpower banafite undi muti witwa Zinc tablet nawo ufasha abagabo cyane.

Akamaro ka vig power capsule na zinc tablet kubagabo

  • Ifasha kongerera abagabo imbaraga
  • Yongera umubare w’intanga kubagabo ukanazifasha gukomera
  • Ituma umwuka mwiza wa oxygen utembera neza mu mubiri no ku gitsina
  • Izibura imitsi yo ku gitsina bigatuma ushyukwa neza
  • Itera apeti no kugira ubushake ku bagabo
  • Irinda udusabo tw’intanga ngabo kwangirika
  • Ifasha abafite ikibazo cy’impyiko n’indwara ya prostate
  • Ni imwimerere uyinweye nta ngaruka igira ku buzima bwe.

Vigpower igisubizo ku bagabo mu gutera akabariro

Ivuriro Horaho Life rikaba rikoresha imiti yo mu bimera ikomoka ku buvuzi bw’abashinwa ikorwa na sosiyeti y’Abanyamerika, Green World International.
Mu mujyi wa Kigali , Horaho Life iherereye mu nyubako yo kwa Rubangura, Etage ya gatatu, imiryango ya 301 na 302 cyangwa ukabahamagara kuri telefoni igendanwa
0788698813/0785031649

REBA VIDEO HANO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo