Horaho Clinic
Banner

Nubona ibi bimenyetso,uzamenye ko imyunyungugu ya Kalisiyumu (Calcium) yagabanyutse mu mubiri wawe

Abantu benshi bakunda gutaka ububabare mu ngingo zitandukanye,umunaniro ukabije ndetse no gucika intege bikabije,nyamara ugasanga nta bundi burwayi bafite mu mubiri wabo,Abageze mu za bukuru bo ugasanga barashize burundu,nta kunama,nta gutambuka.
Ese wari uzi ko impamvu ishobora kuba Imyunyungugu ya Kalisiyumu yagabanyutse mu mubiri ? Menya byinshi muri iyi nkuru ndetse ubone n’ubufasha.
Kalisiyumu (Calcium) ni iki ?
Kalisiyumu (Calcium) ni imyunyungugu umubiri wacu ukenera ku bwinshi,kuko ifasha amagufa n’amenyo gukomera,ifasha umubiri kugira imbaraga,kwikanya kw’imyakura (muscle function) ndetse no kuvura kw’amaraso (blood clotting) mu gihe wakomeretse

Dore ibimenyetso byakwereka ko Kalisiyumu yaganyutse mu mubiri wawe

Iyo iyi myumyungugu ya Kalisiyumu yagabanyutse,hari ibimenyetso simusiga byakuburira ko ari nkeya,muri byo twavugamo nka :
1. Guhorana umunaniro ukabije ndetse no kubabara mu ngingo zitandukanye
2. Kuva amaraso umwanya munini iyo wakomeretse kuko kalisiyumu ituma amaraso avura.
3. Kubyuka wumva unaniwe
4. Kuvunika amagufa ku buryo bworoshye.
5. Imikaya itakaza imbaraga.
6. Kugira ibinya ndetse no gufatwa n’ibyo bita “imbwa”kenshi.
7. Koroha ndetse no kwangirika kw’inzara.
Ese wari uzi ko habonetse inyunganiramirire kalisiyumu z’umwimerere ?

Kalisiyumu iboneka mu byo turya bya buri munsi,harimo nk’imboga n’imbuto,ndetse n’ibindi,gusa hari igihe umubiri utabona iyo ukeneye,ubu rero habonetse inyunganiramirire za kalisiyumu y’umwimerere, zitwa “Calcium Capsules” Izi nyunganiramirire zirizewe ku rwego mpuzamahanga kuko zifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration).Ni nziza cyane ku mubiri wacu,ndetse inafasha abantu bafite indwara zitandukanye z’amagufa ndetse no mu ngingo.

Dore akamaro k’izi nyunganiramirire

  • Ituma amagufa akomera n’amenyo agakomera ndetse ntanajegajege.
  • Igira uruhare mu mikorere myiza y’imikaya, umutima, imyakura n’urwungano ngogozi.
  • Ikenerwa kandi mu kubaka ibice by’uturemangingo fatizo.
  • Ifatanyije na vitamini D usibye kurinda amagufa, binazwiho gufasha umubiri guhangana na kanseri, diyabete n’umuvuduko ukabije w’amaraso.
  • Ku mugore utwite inda iri hejuru y’amezi 3 asabwa kurya ibikungahaye kuri calcium kuko bifasha mu gukomera kw’amagufa y’umwana uri mu nda, no kuzamera amenyo akomeye.
  • Irinda kandi ikavura indwara z’imitsi,Rubagimpande ndetse n’izindi ndwara zifata amagufa.
    Twabibutsa ko iyi nyunganiramirire nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje. Uramutse uyikeneye, wahamagara kuri 0789433795/0726355630 cyangwa ukaba wagana Horaho Life aho dukorera kwa Rubangura muri Etage ya 3, mu muryango wa 302.Ndetse wanasura urubuga rwacu arirwo www.horahoclinic.rw

KANDA HANO UREBE VIDEO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo