Horaho Clinic
Banner

SOBANUKIRWA N’ICYAYI CYIZA KIGABANYA ISUKARI - VIDEO

  • Muri iki gihe,indwara nyinshi zigenda zifata abantu,muri zo twavuga mo nka : Diyabete,umuvuduko w’amaraso ukabije,n’izindi….., Aha rero tugiye kubasobanurira icyayi gifasha kugabanya isukari mu mubiri, ku bantu bafite ikibazo cy’isukari nyinshi mu mubiri ndetse n’abarwaye diyabeti.

Ibigize iki cyayi

Iki cyayi kigizwe n’ifu y’ibimera bitandukanye,twavugamo nka : Balsam Pear Powder, Green Tea Powder

Ese kimarira iki umubiri ?

Iki cyayi gifasha inyama bita impindura kuringaniza isukari neza,ikajya ku rugero rwiza,kuko ifasha gusana uturemangingo tw’impindura tuba twarangiritse.
Kubantu rero bafite ikibazo cy’isukari iri hejuru cyangwa se abarwaye indwara y’igisukari (Diyabeti),iki cyayi kibagirira akamaro cyane,bigatuma isukari ijya ku rugero rwiza mu mubiri.
Ikindi kandi,ku barwayi ba Diyabeti,kirinda ingaruka zishobora guterwa na diyabeti,nko kwangirika kw’imyakura,n’ibindi bice by’umubiri.

Ese iki cyayi cyizewe gute ?

Icyi cyayi gikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga,kandi gikozwe mu bimera,gifite ubuziranenge mpuzamahanga butangwa n’ibigo bikomeye ku isi,twavugamo nka FDA (Food and Drug Administration) n’ibindi.Nta mpungenge rero kuko nta ngaruka kigira ku buzima bw’uwagikoresheje.

Uramutse ukeneye iki cyayi,wagana aho HORAHO Life dukorera mugi wa Kigali,mu nyubako yo kwa RUBANGURA, muri etaji ya 3 mu muryango wa 302 . Ku bindi bisobanuro ushobora kuduhamagara kuri numero 0788698813 / 0785031649 ,cyangwa ugasura youtube channel yacu ariyo HORAHO LIFE RWANDA
REBA VIDEO HANO

Ibitekerezo

Tanga igitekerezo